Uruzinduko rwa perezida Kagame I gahanga rwahinduwe
Uruzinduko rw’umukuru w’igihugu yari kugirira mu karere ka kicukiro muri Gahanga rwasubitswe ruhindurirwa umunsi naho ruzabera. Ibi byatangarijwe mu itangazo umujyi wa Kigali wanyujije kurukuta rwa X tariki 13 Werurwe 2025, watangaje ko uruzinduko rwa Perezida Kagame rwagombaga Kubera i Gahanga mu Karere